Tanga ushyigikira umurimo

Urakoze kubw'inkunga yawe.

Ibyo dukora byose bishoboka kubwo gutanga bivuye ku mutima no gusenga by'abantu nkawe. Buri mpano, nini cyangwa nto, idufasha guhindura abantu abigishwa ba Kristo binyuze mu nyigisho nziza n'imbaraga zihindura ubuzima z'Ijambo ry'Imana.

Tanga Ubu
External website link icon
International giving icon

Inyigisho za Bibiliya

13055 RWF
Ashobora gushyira igitabo cya Derek Prince mu biganza by'umwizera mushya.
261100 RWF
Ashobora gukora neza & gutunganya amashusho y'iminota 5-15 ya Derek Prince.
2611000 RWF
Ashobora guhindura igitabo cya Derek Prince mu rundi rurimi.
International giving icon

Impamvu Inkunga Yawe ari ingirakamaro

Dukenera inkunga ngo dusohoze inshingano yacu ku isi hose yo "kugera ku bataragerwaho no kwigisha abatarigishwa" kubw'icyubahiro cy'Imana. Ni umurimo w'urukundo kuri bose wo gusohoza Inshsingano Ikomeye.

Inkunga yawe ishyigikira imbaraga zacu zo kwigisha Bibiliya mu Rwanda hose.

Ubundi Buryo bwo Gutanga

Turagusaba ngo utwandikire niba ukeneye ibisobanuro birambuye n'ubundi buryo ushobora gutanga ushyigikira Derek Prince Ministries Rwanda.

Twandikire

Gutanga Umurage

Shora mu Bwami bw'Imana kandi usige umurage w'igihe kirekire utanga impano kuri Derek Prince Ministries Rwanda mu nyandiko y'izungura ryawe /y'umurage wawe.

Gutanga Umurage
Gemma L.